Ababikira bane banjurujwe muri Nijeriya barekuwe. Senateri wa Amerika yagendeye Taiwani, Ubushinwa buvuga ko ari agasomborotso. Perezida w'Ubufaransa Emmanuel Macron avuga ko yipfuza kunagura imigenderanira yatosekaye na Aljeriya.
Jenerali Elly Tumwine wigeze kuyobora ingabo za Uganda yitabye Imana. Uyu musirikare wigeze no kuba ministri w’umutekano muri icyo gohugu yari mu nyeshyamba 27 za mbere za National Resistence Army (NRA) zari ziyobowe na perezida Museveni wafashe ubutegetsi mu mwaka wa 1986.
Murisanga (1400-1500 UTC): Murisanga itumira umutumirwa, cyangwa abatumirwa kugirango baganire n'abakunzi ba Radiyo Ijwi ry'Amerika. Aha duha ijambo abantu bifuza kuganira n'abatumirwa bacu, batanga ibisobanuro ku bibazo binyuranye bireba ubuzima bw'abantu.
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame araburira abategetsi mu nzego z’ibanze batita ku bibazo by’abo bashinzwe ko bashobora kwisanga mu bibazo. Ibi yabivugiye mu ruzinduko akomeje kugirira mu ntara y’amajyepfo n’uburengerazuba bw’igihugu.
Perezida Evariste Ndayishimiye w'Uburundi aravuga ko yiteguye kwirukana abayobozi bose bakora ibinyuranye n’intumbero Uburundi bwihaye yo guteza imbere igihugu n’abenegihugu.