Radio
18:00 - 18:29
19:30 - 19:59
Amakuru ku Mugoroba
Abashinzwe umutekano muri Uganda basenye amahema y’impunzi z’Abanyekongo bavuga ko zitemewe n’amategeko. Perezida Joe Biden yavuze ku byo abona nk’akaga k’amayira abiri Amerika irimo bitewe n’Abarepubulikani bashyigikiwe na Trump yasimbuye ku butegetsi avuga ko babangamiye demukarasi y’Amerika.