Abaturage bo muri Nijeriya babarirwa mu mamiliyoni batewe impungenge n'ubuzima buhenze cyane ku buryo butigeze bubaho mu myaka mirongo ishize. Baravuga ko iki kibazo cyarushijeho gukara aho Perezida Bola Tinubu agiriye ku butegetsi.
Abanyanijeriya Barataka Ubukene Bukabije ku Butegetsi bwa Perezida Tinubu
Forum