Radio
Amakuru mu Gitondo
Amakuru agezweho: Reta y’igihugu ca Nijeri ejo kuwa mbere yarafashe ingingo yo kwirukana ku butaka bwayo Abanyarwanda 8 ONU yarungitse kubayo bakuwe i Arusha muri Tanzaniya. Mu Burundi, umuryango wa Perezida watanguje igikorane c’imisi itanu Kw'isi hose baribuka uruhare Desmond Tutu yagize mu kurwanya politiki y'ivanguramoko mu gihugu cy'Afurika y'Epfo.
Amakuru y'Akarere
Ingingo Zigize amakuru yo ku mugoroba: Muri Repubulika ya demokarasi ya Kongo abaturage bo mu muntara ya kivu y’epfo iri mu burasirazuba bakoze imyigarambyo yo gupinga amasezerano ari hagati y’u Rwanda na Kongo yo koheza igipolisi cy’u Rwanda gukorera mu mujyi wa Goma uri muntara ya Kivu ya Ruguru. Guverinoma ya Nijeri yafashe icyemezo cyo kwirukana ku butaka bwayo Abanyarwanda 8 umuryango w’Abibumbye woherejeyo bakuwe Arusha muri Tanzaniya Hirya no hino ku isi umubare w’abahitanywe n’umwuzure ukabije muri Brezile wazamutse. Isirayeri nayo yagabye igitero cya misile ku butaka bwa Siriya .
Amakuru ku Mugoroba
Ingingo zigize amakuru yo ku mugoroba: ONU irasaba Libiya gushyira ingufu mu matora. Isiraheri yateye misile ku butaka bwa Siriya. Muri Repubulika ya demokarasi ya Kongo abaturage bo mu ntara ya Kivu y’epfo iri mu burasirazuba bw’igihugu, bakoze imyigarambyo yo gupinga amasezerano ari hagati y’u Rwanda na Kongo yo kwoheza igipolisi cy’u Rwanda gukorera mu mujyi wa Goma, uri mu ntara ya Kivu ya Ruguru.