Radio
04:30 - 05:00
Ejo
Ejo ni ikiganiro cy'iminota 30 gitegurwa n'urubyiruko rwo mu Rwanda, kibanda ku bibazo binyuranye ruhura na byo. Ibyo birimo kwihangira imirimo, guteza imbere umuco wo kuganiro mu cyubahiro, no gushimangira ubumwe n'ubwiyunge mu karere k'ibiyaga bigari by'Afurika.
16:00 - 16:59
18:00 - 18:29
Amakuru y'Akarere
Perezida Joe Biden wa Leta zunze Ubumwe z'Amerika aravuga ko Perezida Vladimir Putin w'Uburusiya yamaze gufata icyemezo cyo gutera Ukraine. Mu ijambo Perezida Biden yavugiye muri Prezidansi y'Amerika, yavuze ko hari impamvu zo guhamya ko Perezida Vladimir Putin yamaze gufata icyo cyemezo