Radio
Iwanyu mu ntara
Iwanyu mu Ntara (1100-1130UTC): Muri Repubulika ya demokarasi ya Kongo haravugwa imirwano hagati y’ingabo za Leta n’iz’umutwe wa M23. Uwahoze ari mu bakozi ba hafi ya Donald Trump yabwiye abadepite ko uyu wari perezida w’Amerika yarushijeho kurakazwa nuko yatsinzwe amatora yo muw’2020
Murisanga
Urukiko rw’ikirenga muri Amerika mu cyumweru gishize rwahagaritse uburenganzira bwo gukuramo inda. Iki cyemezo kikimara gutanganzwa ama leta menshi yahise atangaza ko ashyizeho amategeko abuza gukuramo inda. Ni icyemezo gikomeje kutavugwaho rumwe. Ibi ni byo tuganiraho muri Murisanga
Amakuru y'Akarere
Amakuru y'Akarere (1600-1630 UTC): Kongo uyu munsi yujuje imyaka 62 imaze yigenga. Uburusiya kuri uyu wa kane bwatangaje ko bwakuye ingabo zabwo ku kirwa kiri hafi y’umujyi wa Odessa gisanzwe ari icya Ukraine. Ubufaransa Buvuga ko Uburusiya Atacyo Buzageraho Uretse Kwisenya 30-06-2022