I Kinshasa abantu baharurwa mu majana bakoze imyiyerekano yiyamiriza U Rwanda. Abanyaburaya Bumvikanye guhagarika kugura ibitoro mu Burusiya
Urukiko rwisumbuye rwa Huye rwongeye gusubika urubanza rwa Beatrice Munyenyezi uburana n’ubushinjacyaha ibyaha bya jenoside. Habuze abamuburanisha. Abaturiye umupaka w’u Rwanda n'Uburundi bategereje ko ufungurwa
Murisanga (1400-1500 UTC): Abanyamuziki bo mu Rwanda biteguye bate kubyaza umusaruro impano yabo no kurushaho kubyaza umusaruro umwuga wabo ku buryo bibagirira inyungu ifatika? mu Kiganiro Murisanga cy'uyu munsi Turaganira na bamwe mu bahagarariye isosiyete nshya VANGINGANZO
Minisitiri w'ububanyi n'amahanga w'u Rwanda yavuze ku birego bya Repubulika ya Demokasi ya Kongo. Urubyiruko rw'Abarundi b'impunzi muri Tanzaniya bahawe amasomo y'imyuga. Naho muri Mali, abasilikare ba leta n'imitwe y'iterabwoba bishe abaturage barenga 500.
U Rwanda ruvuga ko rutazakomeza kurebera ibikorwa bya Kongo byo guhungabanya umutekano warwo. Mu Burundi, umujyi wa Bujumbura ufite ikibazo cy'inyama zo kurya. Leta zunze ubumwe z'Amerika ikomeje kwereka Taiwani ko ishyigikiye ubwigenge bwayo.