Radio
13:00 - 13:30
Iwanyu mu ntara
Leta y’u Rwanda iravuga ko nta nkunga iyo ariyo yose itera inyeshyamba z’umutwe wa M23. Irasubiza imvugo ya Ministiri w’ububanyi n’amahanga wa Kongo, Christophe Lutundula Apala yatangarije i Malabo muri Guineya Equatoriale ko “M23 ishyigikiwe na Leta y’u Rwanda yagabaye ibitero ku ngabo za Kongo”.