Radio
13:00 - 13:29
Iwanyu mu ntara
Mu Rwanda impirimbanyi y’uburenganzira bwa muntu Bwana Aimable Karasira Uzaramba yanze kuburana urubanza rwe avuga ko yabitewe n’ibikorwa by’iyicarubozo akorerwa muri gereza. Yabwiye umucamanza ko akeneye ko uburenganzira bwe bwubahirizwa akabona kuburana. Araregwa ibyaha bya jenoside
19:30 - 19:59