Umukuru wa CPI ari mu rugendo muri Sudani ku Kibazo c'abagirizwa ivyaha. Imyuzure y'amazi yishe abantu 20 muri Afuganistani.
Muri Kenya, Raila Odinga waje ku mwanya wa kabiri mu matora y’umukuru w’igihugu yatanze ikirego mu rukiko rw’ikirenga ahakana ibyatagajwe n’akanama gashinzwe amatora
Muraho nshuti z’Ijwi ry’Amerika. Uyu munsi aho utuye haravugwa ayahe makuru. Dore uyu munsi turawubahariye kugira ngo mudusangize ibivugwa iwanyu.
Igikomangoma cy’u Bwongereza Henry Charles Albert David ari mu ruzinduko mu Rwanda aho yabonanye na Perezida Paul Kagame w’icyo gihugu nkuko byemejwe n’ibiro bye. Perezidansi y'u Rwanda yatangaje ko uru ruzinduko ruri mu rwego rw’akazi
Mu majyepfo y’uburasirazuba bwa Repububurika ya demokarasi ya Kongo, hakomeje kuvugwa umutekano muke, mu nkambi ya Lusenda icumbikiye impunzi z’Abarundi. Bamwe muri bo bahitamo gusuhuka bakajya gushaka amaramuko mu nkambi ya Mulongwe.