Radio
Amakuru y'Akarere
Ingingo nkuru zigize amakuru yo kuri uno mugoroba: Abantu 20 baguye mu mirwano hagati y’ingabo z’igihugu za Kongo n’abarwanyi b’umutwe wa Twirwaneho ugizwe n’abasore b’Ababanyamulenge ahitwa Bijombo muri teritware ya Uvira iri mu burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Kongo. U Rwanda ruhamya ko intego rwihaye yo kuba rwakingiye 70 ku ijana y’abaturage barwo mu kwezi kwa gatandatu izayigheraho.
Amakuru ku Mugoroba
Ingingo zigize amakuru yo ku mugoroba: Intambara hagati y’ingabo za leta ya Kongo n’umutwe wa Twirwaneho ugizwe n’abasore b’Abanyamulenge yahitanye abantu 20 mu gace ka Bijombo mu ntara ya Kivu y’epfo U Rwanda ruhamya ko intego rwihaye yo kuba rwakingiye 70 ku ijana y’abaturage barwo mu kwezi kwa gatandatu izayigeraho. Raporo nshya y’umuryango Human Rights Watch uharanira uburenganzira bwa muntu irashinja Etiyopiya gufunga bitemewe n’amategeko ibihumbi by’Abanyatigreya baheruka kwirukanwa muri Arabiya Sawudite