Radio
Iwanyu mu ntara
Mu mujyi wa Goma mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Kongo kuri uyu wa mbere haramukiye imyigaragambyo. Abayirimo bafunze imihanda basaba ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye zo mu mutwe wa MONUSCO zava muri cyo gihugu. Baravuga ko ntacyo zamaze mu kurinda umutekano w’abatuye mu karere
Amakuru y'Akarere
Minisitiri w'ububanyi n'amahanga w'Uburusiya, Sergueï Lavrov, ari mu ruzinduko mu bihugu bitandukanye by'Afrika, birimo Uganda. Mu mujyi wa Goma, mu Burasirazuba bwa Kongo haramukiye imyigaragambyo. Abayirimo basaba ko ingabo z’umuryango w’abibumbye zo mu mutwe wa MONUSCO zava muri cyo gihugu.
Amakuru ku Mugoroba
Mu mujyi wa Goma mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Kongo kuri uyu wa mbere haramukiye imyigaragambyo. Abayirimo bafunze imihanda basaba ko ingabo z’Umuryango w’Abibumbye zo mu mutwe wa MONUSCO zava muri cyo gihugu. Baravuga ko ntacyo zamaze mu kurinda umutekano w’abatuye mu karere