Radio
Murisanga
Ihuriro ryiyise “Ribara Uwariraye” - Urubuga Nyarwanda rugamije gukangurira abantu kwisanzura mu kwivugira amateka, rwaraye rusohoye igitabo rwise “Abarokotse Bisanzuye”. Ni igitabo gikubiyemo inkuru zirenga 100 z’ubuhamya bw’abantu batandukanye ku bihe bikomeye banyuzemo mu Rwanda n’ahandi.
Amakuru y'Akarere
Mu Rwanda hateraniye inama ya 47 y’inteko ishinga amategeko y’ibihugu bikoresha igifaransa. Leta y’u Burundi iravuga ko izakomeza gutera inkunga Abarundi baba mu bihugu byo hanze nk’Uburayi n’Amerika kugirango bashobore gushora Imali mu gihugu.Eduardo Dos Santos Wayoboye Angola Yitabye Imana
Amakuru ku Mugoroba
Abantu barenga 200 bamaze umwaka bibera ku musozi mu masengesho mu Burundi. Mu irushanwa mpuzamahanga ry'umukino wa tenisi ribera i Kigali ikipe y'u Rwanda yabonye tike yo gukina umukino wa nyuma. Uwahoze ari minisitiri w’Intebe w’Ubuyapani, Shinzo Abe, yitabye Imana, yishwe arashwe.