Muri Republika ya demokrasi ya Congo, abavuga ko bigaragambya, bakanasahura ibigo by’ingabo z’umuryango w’abibumbuye irakomeje. Kuri uyu wa gatatu mu gitondo abaturage bateye inkambi nini ya Monusco iri ahitwa Mubambiro, mu birometero 25 uvuye mu mujyi wa Goma